HASIGAYE IBYUMWERU 2 N;IMINSI 4 GAHUNDA YO KWIYANDIKISHA KUJYA GUTURA MURI USA IGAFUNGA IMIRYANGO.

AMAHIRWE AGUKIKIJE: Dore Impamvu Nyamukuru abantu batajya bacika integer kugerageza amahirwe yo kujya Gutura muri USA #1. USA ituwe n’abantu bakomoka mu bihugu bigera kuri 200 kandi USA habaye mu rugo. Ku bana n’abantu bafite imico itandukanye, ubumenyi butandukanye bituma hari icyo ugeraho mu buzima. #2.Ubuzima : USA ni cyo gihugu cya mbere giteye imbere mu bijyanye n’ubuvuzi, guhera muri 1975 , imyinshi mu miti yagiye ivumburirwa muri USA. #3.Nubona amahirwe yo gutura muri USA, abana bawe baziga mu mashuri meza kandi bitume nabo baba abahanga. #4.Ubukungu bwa USA ntibujegajega. Nawe uribuka iyo ubonye ikintu kihagazeho uvugako cyabaye idorari($) , iryo faranga rituma ikomeza kuba ntanyeganyezwa, mu gihe waba uriyo nawe wajya uhembwa muri ayo madorali. Ikindi wamenya kubona ibyo kurya no ku nwaa biroroshye #5. Uburyo bwo kubona akazi : USA ifite amahirwe menshi yo gutanga akazi, ni igihugu kigira inganda nyinshi. Biryo kubona akazi ntabwo bigoranye cyane ugereranyije n’ib…
Read more
  • 0