0783515900:Dore impamvu 2 nyamukuru zitanga amahirwe menshi yo kubona amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka 2021

0788491344,0783515900
#1. Umubare wa Visa zizatangwa zo kujya gutura muri USA zariyongereye: hashize imyaka irenga 20 leta ya USA itanga VISA z’abantu bajya gutura 50,000 buri mwaka none muri 2021 abazajyayo barimo kwiyandikisha ubu bazafata 55,000 by’abantu.
#2. Kuba haraje amabwiriza asaba abiyandikisha bagomba kuba bafite passport byongereye amahirwe ku baziyandikisha kuko umubare w’abiyandikisha waragabanutse.

Diversity Visa Program (Green card) ni iki?
Ni porogaram yashyizweho na goverinoma ya USA yemerera abanyamahanga baturuka mu bihugu bitandukanye ariko bifite umubare muto w’abimukira muri USA uburyo bwo guhabwa Visa yo kujya gutura muri Amerika burundu. Bityo baba bahindutse abanyamerika.
Buri mwaka, iyi porogaramu yitwa Diversity Visa iha abantu 50000 baturuka mu bihugu bifite umubare muto w’abimukira Visa yo gutura burundi muri USA .

Dore impamvu 8 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021
1. Dufite experience mu bijyanye no gufotora no kuzuza form za green card
2. Dufite abantu twagiye dukorera bagahitwamo , ubu bakaba bari USA , abandi bakaba bari mu myiteguro
4. Tukuzuriza ariko wujuje ibisabwa , iyo utabyujuje turagusobanurira ibisabwa.
5. Tuzi kandi tuba twarasomye page 18 zamabwiriza tukayakurikiza
6. Muri weekend family tuzisanga mu rugo iyo igizwe n’abantu 5 kuzamura
7. Igiciro cya gishyize mu gaciro gikubiyemo ifoto no kukuzuriza
8. Tuguha amakuru wakenera yose ajyanye na green card, ibijyanye na interview iyo baguhise , uko ubaho ugeze USA.
TUGUHA IKIRENZE KUGUFOTORA NO KUKUZURIZA
IYI Service tuyishuza 4,000RWF ku muntu 1.
Zirikana ko mu irushanwa uba ugomba gukora ibishoboka byose maze ukaba waritsinda. Byaba bibabaje uvuye mu bapiganwa bitewe n’amakosa mato aciriritse, nk’uburemere bw’ifoto, ingano yayo, kutita ku bindi byavuzwe mu mabwiriza ari kuri page 18. Kwiyandikisha byatangiye tariki 02/10/2019 saa 18:00’ bizarangira tariki 05/11/2019 saa 18h00 ku isaha y’i Kigali.

mwadusanga muri Beatitude House, etage ya 2, NO 14, iri hagati ya Hotel Impala na Hotel Okapi , ni inzu y’ubururu. 0788491344,0783515900 Zose ziri no kuri Whatsapp.

October 25, 2019 09:09