0783515900:Kwiyandikisha kujya gutura USA muri 2022 birakomeje ;banguka tukwandike!

Green card cyangwa DV PROGRAM[ Diversity VISA PROGRAM] ni gahunda ya USA iha amahirwe abantu 55,000 baturutse mu mpande zose z'isi. Gusa igihugu gifite abantu bagikomokamo baba muri USA bagera kuri 55,000 bahita batakaza amahirwe yo kwiyandikisha. iyo ufite GREEN CARD bigufasha kuba muri USA burundu, ukagira uburenganzira bwo gukora yo no kwiga. - Green card igufasha kubona ubwenegihugu bwa USA - Kugira ubwenegihugu bwa USA biguha uburenganzira bwo kujya mu bihugu 150 itaze VISA - Umuntu warangije amashuri 6 yisumbuye kuzamura niwe wemerewe gukora application cg afite uburambwe bw'imyaka 2 y'imirimo y'umwuga [professionel] - Muguhitamo abahabwa amahirwe , hakoresha ikoranabuhanga rihanitse, agakosa gato gatuma ubura amahirwe - Ese wari uziko mu bagiye kuba muri USA, nkuko babyivugira akazi baba bakora kose bab a bahembwa kuva 8$ kuzamura ku isaha 1. - Icyo abantu batekereza[ Bamwe batekereza ko bashobora kwikorera application ariko bashora kutayikora neza kuko ibintu byose dute…
Read more
  • 0

Here are the top 10 things you should know before your first visit to Rwanda:

Visa Requirements: Visitors from most countries can obtain a visa upon arrival at Kigali International Airport or apply for an e-visa online prior to travel. It is advisable to check the visa requirements for your specific country before traveling. Language: The official languages of Rwanda are Kinyarwanda, French, and English. Kinyarwanda is the most widely spoken language in Rwanda, but English is widely spoken and understood. Currency: The official currency of Rwanda is the Rwandan franc (RWF). US dollars are widely accepted in major hotels and restaurants, but it is recommended to have some RWF for small purchases and transportation. Safety: Rwanda is generally considered a safe country to visit. Climate: Rwanda has a temperate climate due to its high altitude. The dry season runs from June to September and the wet season from October to May. Temperatures range from 15°C to 28°C throughout the year. Gorilla Trekking: Rwanda is famous f…
Read more
  • 0

ADARWA COOPERATIVE irahamagarira ba Rwiyemezamirimo gupiganira Isoko ryo kubaka KIOSQUE ku rubuga rwayo.

ITANGAZO RYO GUPIGANIRA AMASOKO

ADARWA COOPERATIVE (Coopérative d’action pour le Développement de l’Artisanat au Rwanda) ni koperative igamije guteza imbere imirimo y’ubukorikori bw’ububaji mu Rwanda. Ikaba ifite icyicaro mu Kagali ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. 

ADARWA COOPERATIVE irahamagarira ba Rwiyemezamirimo gupiganira Isoko ryo kubaka KIOSQUE ku rubuga rwayo.

Igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa kiboneka mu biro by’ubunyamabanga bwa ADARWA COOPERATIVE uhereye ku itariki iri tangazo ryasohokeye mu kinyamakuru. Icyo gitabo ugihabwa umaze kwishyura amafaranga y’U Rwanda ibihumbi icumi (10. 000 Frw) adasubizwa kuri konti N° 593412510810136 ya ADARWA COOPERATIVE iri muri Banki  y’abaturage (BPR Atlas Mara).

Umunsi wo gusura aho iyo mirimo izakorerwa ni kuwa mbere tariki ya 12/04/2021 ku cyicaro cya ADARWA COOPERATIVE saa tanu n’igice(11h30).

Ibitabo by’ipiganwa…

Read more
  • 0

itangazo ryo gupiganirwa isoko ryo gukora inyigo yo gusiga irangi Inyubako

ITANGAZO RYO GUPIGANIRA AMASOKO

ADARWA COOPERATIVE (Coopérative d’action pour le Développement de l’Artisanat au Rwanda) ni koperative igamije guteza imbere imirimo y’ubukorikori bw’ububaji mu Rwanda. Ikaba ifite icyicaro mu Kagali ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. 

ADARWA COOPERATIVE irahamagarira ba Rwiyemezamirimo gupiganira Isoko ryo gukora inyigo yo gusiga irangi Inyubako yayo.

Igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa kiboneka mu biro by’ubunyamabanga bwa ADARWA COOPERATIVE uhereye ku itariki iri tangazo ryasohokeye mu kinyamakuru. Icyo gitabo ugihabwa umaze kwishyura amafaranga y’U Rwanda ibihumbi icumi (10. 000 Frw) adasubizwa kuri konti N° 593412510810136 ya ADARWA COOPERATIVE iri muri Banki  y’abaturage (BPR Atlas Mara).

Umunsi wo gusura aho iyo mirimo izakorerwa ni kuwa mbere tariki ya 12/04/2021 ku cyicaro cya ADARWA COOPERATIVE saa yine n’igice (10h30).

Ibit…

Read more
  • 0

itangazo ryo gupiganirwa isoko ryo gushyira Camera ku nyubako

ITANGAZO RYO GUPIGANIRA AMASOKO

ADARWA COOPERATIVE (Coopérative d’action pour le Développement de l’Artisanat au Rwanda) ni koperative igamije guteza imbere imirimo y’ubukorikori bw’ububaji mu Rwanda. Ikaba ifite icyicaro mu Kagali ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. 

ADARWACOOPERATIVE irahamagarira ba Rwiyemezamirimo gupiganira Isoko ryo gushyira Camera ku nyubako yayo.

Igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa kiboneka mu biro by’ubunyamabanga bwa ADARWA COOPERATIVE uhereye ku itariki iri tangazo ryasohokeye mu kinyamakuru. Icyo gitabo ugihabwa umaze kwishyura amafaranga y’URwanda ibihumbi icumi (10. 000 Frw) adasubizwa kuri konti N° 593412510810136 ya ADARWA COOPERATIVE iri muri Banki y’abaturage (BPR Atlas Mara).

Umunsi wo gusura aho iyo mirimo izakorerwa ni kuwa mbere ku itariki ya 12/04/2021 ku cyicaro cya ADARWA COOPERATIVE guhera saa yine(10H00’) zuzuye bikarangira uwo munsi.

Read more
  • 0

Dore urutonde rwa Service 8 TURIGUTANGIRA kuri murandasi(ONLINE SERVICE)

Dore urutonde rwa Service 8 TURIGUTANGIRA kuri murandasi(ONLINE SERVICE) #1. NETFLIX : Muri iki gihe abanyarwanda tumaze mu rugo mu rwo rwoguhashya ikwirarakwira rya COVID-19 , mu rwego rwo kwirinda kurambwirwa , TUGUFASHA KWISHYURA ONLINE kuri NETFLIX ukabona Abonnement y’Ukwezi kose ureba amafilimi agezwe ku isi. Zirikana ko bene izi filim ziboneka mu cyongereza or mu gifaransa ,ntaziboneka mu Kinyarwanda, Ese bikorwa bite: wohereza amafaranga twumvikanye Kuri mobile Money (0783515900) iyo umaze kuyohereza mu gihe gito duhita twishyura ugahita utangira kureba. Kuri NEFLIX habaho n’amafilimi y’abana. Ese ni iki gikenerwa ngo urebe ayo mafilimi yo kuri NETFILIX : TABLET, SMART TV, LAPTOP OR DESKTOP , gusa biba byiza ufite internet nziza yihuta. #2. GUHAHA muri Kigali ukoresheje urubuga www.drivermate.rw , urwo rubuga usangaho ibiribwa, amayoga , imboga,….. bikenewe by’ibanze. Iyo ugize ibyo ushima tugufasha kubikugezaho mu rugo rwawe. #3. Kugukorera E-commer…
Read more
  • 0

Inama 11 zagufasha gukoresha neza amafaranga mu gihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya COVID-19

Ni gute nkwiye gukoresha amafaranga mu gihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya COVID-19 Muri ino minsi ku isi yose abantu bahangayikishijwe n’icyorozo kiswe Coronavirus (covid-19) bityo amaleta n’amaguverinoma yagiye afata ingamba zo kurinda abaturage kuba bakwandura icyo icyorezo, hakubiyemo n;igihugu cyacu cy’u Rwanda. Nyuma yo kubona ko hafashwe ingamba zo kwirinda, dushishikarizwa ku guma mu rugo, si ukuvuga ko twese twari twiteguye dufute amafaranga ahagije yo gukomeza kudutunga mu gihe cyateganyijwe kuba abantu basubira mu mirimo yabo ya buri munsi. Ariko menya uko wakorasha amafaranga make ufite ukabasha gukomeza gusunika ubuzima. #1. Haha ibiribwa biramba kandi warya igihe kirekire. *Muri ibyo biribwa twakubwira kugura ibigori by’impungure n’ibishyimbo: bene ibyo biribwa kubiteka ntibasaba ibirungo byinshi kuko ushobora no kubirya washyizemo umunyu gusa kandi ukabirya ubizima bugakomeza. Ikiza cyabyo biraramba kandi ku birya ntibirambirana. * Teka isombe niba…
Read more
  • 0

Menya uburyo bwizewe bwo Gukoresha Hand sanitizer mu rwego rwokwirinda COVID-19

Menya uburyo bwizewe bwo Gukoresha Hand sanitizer mu rwego rwokwirinda COVID-19 Coronavirus ihangayikishije isi ndetse ikaba yaranageze mu Rwanda, bityo rero hashizweho ingamba zo kuyirwanya . muri zo ngamba hakaba harimo no gukoresha hand sanitizer mu kuyisiga mu ntoki ikabasha kwica iyo virus bigatuma idakwirakwira. Bityo reba ku ifoto witegereze neza uko uzaza ubigenza. Ufite imodoka,inzu,computer,ibikoresho byo mu rugo,nibindi, singombwa gutunga ibintu udakeneye,kandi twagufasha kubigurisha , ushobora kubyohereza kuri 0783515900
Read more
  • 0

Ni izihe ndamukanyo zemewe n’umuryango w’abibumbye wita ku buzima(WHO) zitanduza coronavirus.

Ni izihe ndamukanyo zemewe n’umuryango w’abibumbye wita ku buzima(WHO) zitanduza coronavirus. Mu buryo bwo kwirinda ikwirakwizwa rya coronavirus: ni iby’ubwenge kwirinda kuramukanya dukoranaho. #1.gufata ibiganza ukabirebanya ,maze ukabishyira imbere y’igituza bireba hejuru #2.kubika umutwe(a nod):ufata umutwe ukawubika ,uwo uramukije nawe yubika umutwe mutegeranye. #3.Gupopera(wave):ufata ikiganza ukakizunguza,n’uwo uramutsa akagusubiza akizunguza mutegeranye. Izi ndamukanye zemeje n’ishami n’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima WHO. Izo ndamukanyo ziboneka ku ru buga rwabo. Ushobora kuzireba ku ifoto ku rubuga rwacu www.kigalilife.co.rw Nubwo twugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 ushobora, ushobora gukenera amafaranga yo gukoresha ugura bimwe byakurinda kwandura , ugurisha bimwe mubikoresha utunze utagikoresha. Niba ubifite twandikire kuri Whatsapp 0783515900 , sura www.kigalilife.co.rw ugure ibyo ukeneye.
Read more
  • 0

0783515900:Dore impamvu 2 nyamukuru zitanga amahirwe menshi yo kubona amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka 2021

0788491344,0783515900 #1. Umubare wa Visa zizatangwa zo kujya gutura muri USA zariyongereye: hashize imyaka irenga 20 leta ya USA itanga VISA z’abantu bajya gutura 50,000 buri mwaka none muri 2021 abazajyayo barimo kwiyandikisha ubu bazafata 55,000 by’abantu. #2. Kuba haraje amabwiriza asaba abiyandikisha bagomba kuba bafite passport byongereye amahirwe ku baziyandikisha kuko umubare w’abiyandikisha waragabanutse. Diversity Visa Program (Green card) ni iki? Ni porogaram yashyizweho na goverinoma ya USA yemerera abanyamahanga baturuka mu bihugu bitandukanye ariko bifite umubare muto w’abimukira muri USA uburyo bwo guhabwa Visa yo kujya gutura muri Amerika burundu. Bityo baba bahindutse abanyamerika. Buri mwaka, iyi porogaramu yitwa Diversity Visa iha abantu 50000 baturuka mu bihugu bifite umubare muto w’abimukira Visa yo gutura burundi muri USA . Dore impamvu 8 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021 1. Duf…
Read more
  • 0

HASIGAYE IBYUMWERU 2 N;IMINSI 4 GAHUNDA YO KWIYANDIKISHA KUJYA GUTURA MURI USA IGAFUNGA IMIRYANGO.

AMAHIRWE AGUKIKIJE: Dore Impamvu Nyamukuru abantu batajya bacika integer kugerageza amahirwe yo kujya Gutura muri USA #1. USA ituwe n’abantu bakomoka mu bihugu bigera kuri 200 kandi USA habaye mu rugo. Ku bana n’abantu bafite imico itandukanye, ubumenyi butandukanye bituma hari icyo ugeraho mu buzima. #2.Ubuzima : USA ni cyo gihugu cya mbere giteye imbere mu bijyanye n’ubuvuzi, guhera muri 1975 , imyinshi mu miti yagiye ivumburirwa muri USA. #3.Nubona amahirwe yo gutura muri USA, abana bawe baziga mu mashuri meza kandi bitume nabo baba abahanga. #4.Ubukungu bwa USA ntibujegajega. Nawe uribuka iyo ubonye ikintu kihagazeho uvugako cyabaye idorari($) , iryo faranga rituma ikomeza kuba ntanyeganyezwa, mu gihe waba uriyo nawe wajya uhembwa muri ayo madorali. Ikindi wamenya kubona ibyo kurya no ku nwaa biroroshye #5. Uburyo bwo kubona akazi : USA ifite amahirwe menshi yo gutanga akazi, ni igihugu kigira inganda nyinshi. Biryo kubona akazi ntabwo bigoranye cyane ugereranyije n’ib…
Read more
  • 0

Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021.

Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021. 1. Dufite experience mu bijyanye no gufotora no kuzuza form za green card 2. Dufite abantu twagiye dukorera bakabona amahirwe yo kujya gutura muri USA , ubu bakaba bari USA , abandi bakaba bari mu myiteguro(Uje twaguha ibihamya bifatika) 3. Dushobora kukuzuriza no mu masaha ya nijoro aho bivugwa ko bitanga amahirwe menshi. 4. Tukuzuriza ariko wujuje ibisabwa , iyo utabyujuje turagusobanurira ibisabwa. 5. Tuzi kandi tuba twarasomye page 18 zamabwiriza tukayakurikiza 6. Muri weekend family tuzisanga mu rugo iyo igizwe n’abantu 5 kuzamura 7. Igiciro cya gishyize mu gaciro gikubiyemo ifoto no kukuzuriza 8. Tuguha amakuru wakenera yose ajyanye na green card, ibijyanye na interview iyo baguhise , uko ubaho ugeze USA. 9. Iyo uteganya gushaka E-passport tugufasha kuyisaba binyuze ku irembo.gov.rw ku buntu mu gihe uteganya ko aritwe tuzagukorera application ya gr…
Read more
  • 0

Dore urutonde rw’imodoka 11 zikunzwe kugurwa cyane kubera zikoresha lisansi nkeya zakozwe mbere 2003

Uru rutonde rushingiye ku bushakashatsi bwo n’umuntu kugiti cye ,umaze imyaka irenze 4 acuruza amamodoka kandi washinze urubuga rwa www.kigalilife.co.rw rwamamaza imodoka nyinshi zigurishwa muri Kigali. Bityo hashobora kuboneka n’izindi twaba twibagiwe, ariko ntekereza uru rutonde rwitondewe ku kigero cya 95%. #1.TOYOTA STARLET: Ntekereza iri mu zimwe mu Rwanda zinywa bike cyane, ni nayompa uzabona ibigo byigisha imodoka bikunze kuzikoresha. Inyinshi wabona mu Rwanda ziba ari manuel. #2.TOYOTA COROLLA E100(Bakunda kuyita Gikumi y'inyaburayi: bakunze kuyita Gikumi, gusa buno bwoko buri mbarwa mu Rwanda. Ubu bwoko bukunze kugurwa hagati 3,5M-4,5m zituruka mu Burayi. #3.TOYOTA VITZ or TOYOTA YARIS : ubu Bwoko bw’imodoka burakunzwe cyane mu Rwanda. Izi modoka zifite akabyiniriro ka WARANDYOHEREJE. Ubu bwoko VITZ ziba zihinduye (ZIturuka Dubai) naho Yaris Ntiziba zihinduye zituruka muri Europe. Izi modoka iyo ushaka kuyigura imeze neza byibuze bigusaba guhera …
Read more
  • 0