Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021.

Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu mwaka utaha wa 2021.

1. Dufite experience mu bijyanye no gufotora no kuzuza form za green card
2. Dufite abantu twagiye dukorera bakabona amahirwe yo kujya gutura muri USA , ubu bakaba bari USA , abandi bakaba bari mu myiteguro(Uje twaguha ibihamya bifatika)
3. Dushobora kukuzuriza no mu masaha ya nijoro aho bivugwa ko bitanga amahirwe menshi.
4. Tukuzuriza ariko wujuje ibisabwa , iyo utabyujuje turagusobanurira ibisabwa.
5. Tuzi kandi tuba twarasomye page 18 zamabwiriza tukayakurikiza
6. Muri weekend family tuzisanga mu rugo iyo igizwe n’abantu 5 kuzamura
7. Igiciro cya gishyize mu gaciro gikubiyemo ifoto no kukuzuriza
8. Tuguha amakuru wakenera yose ajyanye na green card, ibijyanye na interview iyo baguhise , uko ubaho ugeze USA.
9. Iyo uteganya gushaka E-passport tugufasha kuyisaba binyuze ku irembo.gov.rw ku buntu mu gihe uteganya ko aritwe tuzagukorera application ya green card. (icyo nabamemyesha biroroshye kubona passport binyuze mu mikorere myiza y’ikigo cy’igihugu gishizwe abinjira n’abasohoka.
10. TUGUHA IKIRENZE KUGUFOTORA NO KUKUZURIZA
IYI Service tuyishuza 4,000RWF ku muntu 1.
Zirikana ko mu irushanwa uba ugomba gukora ibishoboka byose maze ukaba waritsinda. Byaba bibabaje uvuye mu bapiganwa bitewe n’amakosa mato aciriritse, nk’uburemere bw’ifoto, ingano yayo, kutita ku bindi byavuzwe mu mabwiriza ari kuri page 18. Kwiyandikisha byatangiye tariki 02/10/2019 bizarangira tariki 05/11/2019 saa 18h00 ku isaha y’i Kigali.
Mubanguke mudusange ku Muhima, muri etage yitwa Beatitude House, etage ya 2, NO 14, iyo ugeze kuri hoteli okapi ureba hepfo gato akazu ka MTN imbere yaho uhita ubona iyo nyubako y’ubururu.
Tel :0783515900 /0788491344 zose ziri kuri whatsapp

NB. *Ushaka kuzuza agerageza amahirwe ya green card Agomba kuba afite Passport itararangiza igihe(itari expired)
*Ese iyo umugabo afite passport wenyine bigenda gute?
Igisubizo: kwiyandikisha biremewe umugore n’abana be bakazamugenderaho mu gihe baba bamuhisemo.
*Ese iyo umugore afite passport wenyine bigenda gute?
Igisubizo : yakwiyandikisha abandi bakazamugenderaho aramutse atoranyijwe.
*biba byiza iyo umugore n’umugabo bafite passport bibahesha amahirwe menshi kuko baba bafite amahirwe 2.
*Ese iyo ushaka passport mu Rwanda bigusaba iki?
Igusubizo: passport isanzwe imara imyaka 5 , yishyurwa 75,000RWF naho imara imyaka 10 yishyurwa 100,000Rwf.

Ntitwakwandika ibintu byose hano uramutse ufite ikibazo watubaza. Kuri nimero zacu zatanzwe.

Tel :0783515900 /0788491344
BONNE CHANCE.
“Who you are tomorrow begins with what you do today.”
― Tim Fargo

October 7, 2019 10:49