HASIGAYE IBYUMWERU 2 N;IMINSI 4 GAHUNDA YO KWIYANDIKISHA KUJYA GUTURA MURI USA IGAFUNGA IMIRYANGO.

AMAHIRWE AGUKIKIJE: Dore Impamvu Nyamukuru abantu batajya bacika integer kugerageza amahirwe yo kujya Gutura muri USA
#1. USA ituwe n’abantu bakomoka mu bihugu bigera kuri 200 kandi USA habaye mu rugo. Ku bana n’abantu bafite imico itandukanye, ubumenyi butandukanye bituma hari icyo ugeraho mu buzima.
#2.Ubuzima : USA ni cyo gihugu cya mbere giteye imbere mu bijyanye n’ubuvuzi, guhera muri 1975 , imyinshi mu miti yagiye ivumburirwa muri USA.
#3.Nubona amahirwe yo gutura muri USA, abana bawe baziga mu mashuri meza kandi bitume nabo baba abahanga.
#4.Ubukungu bwa USA ntibujegajega. Nawe uribuka iyo ubonye ikintu kihagazeho uvugako cyabaye idorari($) , iryo faranga rituma ikomeza kuba ntanyeganyezwa, mu gihe waba uriyo nawe wajya uhembwa muri ayo madorali. Ikindi wamenya kubona ibyo kurya no ku nwaa biroroshye
#5. Uburyo bwo kubona akazi : USA ifite amahirwe menshi yo gutanga akazi, ni igihugu kigira inganda nyinshi. Biryo kubona akazi ntabwo bigoranye cyane ugereranyije n’ibindi bihugu byo mu isi.
#6. Gutembera ibihubyi byinshi batatwe visa. Abanyamerika bemerewe kujya mu bihugu 116 batatse Visa, mu bihugu 46 bagabwa visa bakinjira mu gihugu. Ku isi nzima ibihugu 35 nibyo bisaba visa abanyamerika.
Mubanguke mudusange ku Muhima, muri etage yitwa Beatitude House, etage ya 2, NO 14, iyo ugeze kuri hoteli okapi ureba hepfo gato akazu ka MTN imbere yaho uhita ubona iyo nyubako y’ubururu.
Tel :0783515900 /0788491344 zose ziri kuri whatsapp

NB. *Ushaka kuzuza agerageza amahirwe ya green card Agomba kuba afite Passport itararangiza igihe(itari expired)
*Ese iyo umugabo afite passport wenyine bigenda gute?
Igisubizo: kwiyandikisha biremewe umugore n’abana be bakazamugenderaho mu gihe baba bamuhisemo.
*Ese iyo umugore afite passport wenyine bigenda gute?
Igisubizo : yakwiyandikisha abandi bakazamugenderaho aramutse atoranyijwe.
*biba byiza iyo umugore n’umugabo bafite passport bibahesha amahirwe menshi kuko baba bafite amahirwe 2.
*Ese iyo ushaka passport mu Rwanda bigusaba iki?
Igusubizo: passport isanzwe imara imyaka 5 , yishyurwa 75,000RWF naho imara imyaka 10 yishyurwa 100,000Rwf.

Ntitwakwandika ibintu byose hano uramutse ufite ikibazo watubaza. Kuri nimero zacu zatanzwe.

Tel :0783515900 /0788491344
BONNE CHANCE.
“Who you are tomorrow begins with what you do today.”
― Tim Fargo

October 8, 2019 10:22