0783515900:Kwiyandikisha kujya gutura USA muri 2022 birakomeje ;banguka tukwandike!

Green card cyangwa DV PROGRAM[ Diversity VISA PROGRAM] ni gahunda ya USA iha amahirwe abantu 55,000 baturutse mu mpande zose z’isi. Gusa igihugu gifite abantu bagikomokamo baba muri USA bagera kuri 55,000 bahita batakaza amahirwe yo kwiyandikisha.
iyo ufite GREEN CARD bigufasha kuba muri USA burundu, ukagira uburenganzira bwo gukora yo no kwiga.
– Green card igufasha kubona ubwenegihugu bwa USA
– Kugira ubwenegihugu bwa USA biguha uburenganzira bwo kujya mu bihugu 150 itaze VISA
– Umuntu warangije amashuri 6 yisumbuye kuzamura niwe wemerewe gukora application cg afite uburambwe bw’imyaka 2 y’imirimo y’umwuga [professionel]
– Muguhitamo abahabwa amahirwe , hakoresha ikoranabuhanga rihanitse, agakosa gato gatuma ubura amahirwe
– Ese wari uziko mu bagiye kuba muri USA, nkuko babyivugira akazi baba bakora kose bab a bahembwa kuva 8$ kuzamura ku isaha 1.
– Icyo abantu batekereza[ Bamwe batekereza ko bashobora kwikorera application ariko bashora kutayikora neza kuko ibintu byose dutekereza ko twakwikorera siko buri gihe tubikora. ex ntawe byananira gufura, ariko abenshi baba bafite ababafurira] bityo nibyiza kutuzagana tukagufasha
– Gusa muri uyu mwaka amahirwe yariyongereye kuko nibwo bwa mbere hatswe no za passport n’igihe izarangira kuva iyo gahunda iha amahirwe yatangira.
– Gahunda yatangiye taliki 7ukwakira 2020 saa 18:00′ kugera taliki 10 ugushyingo 2020
-Uyu mwaka hari amahirwe menshi kubiyandikisha nawe wagerageza, kuko mu bihumbi 50,000 by’abantu bafata buri mwaka kuva mu myaka 20 ishize hiyongereyeho 5000 , guhera mu  mwaka 2021 bazakira 55,000. BITYO mubanguke mugerageze amahirwe.
– Icyo abantu batekereza[ Bamwe batekereza ko bashobora kwikorera application ariko bashora kutayikora neza kuko ibintu byose dutekereza ko twakwikorera siko buri gihe tubikora. ex ntawe byananira gufura, ariko abenshi baba bafite ababafurira] bityo nibyiza kutuzagana tukagufasha
Mwadusanga BEATITUDE HOUSE, muri etage ya 2,Umuryango wa 14 , Mu mujyi wa Kigali,hagati ya Hotel Impala na Hotel Okapi. Call/Whatsapp:0783515900

October 22, 2020 08:53